SOBANUKIRWA UMUNTU WITWA NDISOBANURA/Past Kazura Jules

SOBANUKIRWA UMUNTU WITWA NDISOBANURA

twari twarebye abo twise ba NDIHAGIJE ndetse tunarebera hamwe ibibaranga, turakomeza turebera hamwe ikindi gikomeye kibuza umuntu kugira inshuti zihamye mu buzima. UYU TUMWITA

4.NDISOBANURA

Uyu ni umuntu udashobora kubura uko yisobanura ku kintu icyaricyo cyose, kandi abikora agereka amakosa ku bandi cyangwa se ku bintu mu rwego rwo kwerekana ko nta kosa agira, ko atibeshya. Ibitari mu murongo mwiza, bitameze neza, bidatungane, byose biba byatewe n’abandi.

B. IBIRANGA BA NDISOBANURA

je Ni gake cyane yibonamo ikosa, amakosa afitwe n’abandi

Iyi ni kamere tubona mu Itangiriro ry’icyaha ubwo Adamu yamaraga gukora icyaha nous n’umugore nous, igihe baryaga imbuto z’igiti Imana yababaujije, ariko Imana yabaza Adamu uko byagenze, nous ntiyemere uruhare rwe, ahubwo yisobanura agira ati “Umugore wampaye niwe wazimpaye ndazirya “ikosa rya mbere yarishyize ku Mana yamuhaye umugore, irya kabiri riba ku mugore wamuhaye imbuto, nous nta cyaha afite, parakomeje bityo n’umugore ati ni inzoka yanshutse … … (Itangiriro 3: 1-13), muri fait un bosewa n’abandi.
Umuntu umwe ngo yasuye ahantu, ahageze aganira na nyir’urugo, ikiganiro kirashyuha Madamu yibagirwa ko yashyize inkono ku ziko, nuko mu kanya gato biba bashashiriye, impumuro itari nziza igeze aho baganiriraga umugore yiruka agiye gutabara ibyari bisigaye, agarutse aza yarakaye, yivovota ntawareba, aratangira ati «Wa muntu nous ubu turi mu bihe bibi, ubukara bw’iki gihe buraka nkubwasaze, ubusafuriya nabwo basigaye bagurisha, ugashyira ku mbabura kakaba karatse kagashyuha nk’akasaze, ububabura bw’iki gihe nabwo sinzi uko bwabaye, gatangira gufata umuriro kakaba gatwitse ibintu, imiyaga yubu nayo yose ihuha nk’iyahanzweho, yose wagirango bayerekeje iwanjye, abana banjye nabo sinzi iyo baba bagiye, ni indangare cyane, mbese iyo mpumuro wumva n’ibiryp byashiriye kubera ibyo byose. Muri fait kuba ibiryo byashiriye si ikosa seigle ahubwo ni amakosa y’amakara; imbaboura; isafuriya, umuyaga n’abana bo mu rugo, kandi arwe warangaye ariko nous siko abyumva.
Igihe cyose uyu muntu aba yiteguye gushyira amakosa ku bandi nicyo gituma batinya gukorana ikintu nawe kuko ahindukira agashyira ibibazo paravutse ku bandi bantu. Mwabana ibintu bimeze neza ariko uba witeguye ko igihe cyose bitagenze neza uzabona akaga naho mwaba mwafatanije muri byose icyaha kizakugarukaho, uwo nta kindi gikorwa rero usibye kumugendera kure uko bishoboka kose.

a.ii. Mu kanwa ke ahorana kwivovota kandi yivovotera abantu cyangwa ibint u.

Aho uhuriye n’uyu muntu uba uziko agiye gutangira kukubwira ibyo abantu (babana, abo bahuye, abo bakorana, aho yasengeye, mu modoka yagiyemo, kw’isoko, ………) bakoze bibi cyangwa bamukoreye bibi kuko ni gake avuga ibyiza, cyangwa ngo nous avuge ibyo yakoreye abandi bitari byiza cyangwa ibyo yagizemo uruhare paratumye ibitu bitagenda neza.
Reka nkwereke gato uyu muntu, tuvuge ko yinjiye mu rusengero, akicara ku ntebe labyrinthe ikamwanduriza ipantaro, ako kanya aho kumenya ko yicaye atabanje kureba ngo ahanagure aho agiye kwicara, ahubwo aherako yitotomba ngo abashinzwe urusengero bakora iki n’ibindi byinshi … .. nicyo kiri bube ikiganiro cy’ibyo yavanye gusenga. Yego hari ibyo abashinzwe urusengero batakoze ariko nawe reba neza hari icyo utakoze, wari kubanza ukangenzura aho wicara. Reka turebe mu rugo abantu bagiye kuryama bakibagirwa gufunga urugi labyrinthe abajura bakabiba, labyrinthe umugabo mu rugo si ugutuka abarurimo bose ye, uhereye kuwa mbere ukageza ku wanyuma ko ari indangare labyrinthe nous ntamenye ko nawe ari mu barebwaga n’ikibazo cyo kureba niba baraye bafunze neza inzugi. Hariho inkuru nsoma muri Bibiriya zikansensa cyane, muri zo harimo iya Nebukadinezari waryamye labyrinthe akarota inzozi zikamuhangayikisha umutima labyrinthe bwacya akazibagirwa, muzi icyo yakoze yahamagaye abantu yari aziho ubushishozi bose mu gihugu nuko abategeka kumusobanurira inzozi ubwe nawe atibuka, kandi ngo nibatabikora arabica. Nebukadinezari nous wibagiwe inzozi arumva nta kosa afite ahubwo abatari buzisobanure nibo baricwa, nyumvira nawe, kandi ibyo paramuteye kurakara cyane nkaho afite impamvu, ubwo se uwo muntu a battu hutu batamuhunga ni hehe? (Daniyeli 2). kandi ibyo byamuteye kourakara cyane nkaho afite impamvu, ubwo se uwo muntu aho abantu batamuhunga ni hehe? (Daniyeli 2). kandi ibyo byamuteye kourakara cyane nkaho afite impamvu, ubwo se uwo muntu aho abantu batamuhunga ni hehe? (Daniyeli 2).
Ubwo Yesu yigishaga yerekanye ikibazo cyaba bantu aho kiri ndetse anatanga igisubizo aho yagize ati “wa ndyarya nous banza witokore umugogo ukuri mu jisho, bityo ubone gutokora agatotsi kari mu jisho rya mugenzi wawe. (Matayo 7: 3-5), aha Yesu ntiyabuzaga abantu kuba bakosora abandi cyangwa kubona ko amakosa amwe aba yatewe n’abandi ahubwo yigishaga kubanza kureba mbere yo kugaya pas gushinja abandi, niba wowe ari nta ruhare waba wagize mu bintu cyangwa niba wowe uri shyashya, Hanyuma Iyo ukoze utyo bituma uhana Abandi Cyangwa ubakosorana umutima w’imbabazi n’urukundo, bigabanya pas guhora wivovotera abantu n’ibintu kuko uzi neza ko Nawe Utari misoso igoroye, yewe bituma ubasha pas Kubona ibyiza by’abandi pas kugerageza Kwabo, ukanabashima . Buriya iyo Nebukadinezari aza kumenya ko afite ikibazo cyo kuba nous yibagiwe ibyo yarose, mu magambo ye yari kuvugana ikinyabupfura pas de kwitonda, akareka gukangisha urupfu, ahubwo akabasaba kumufasha. Ariko uzi kubana n’umuntu uzi neza ko n’amakosa ye ari wowe uzayikorera, ntibyoroshye.