Ba maso nk’umugeni utegereje umukwe

“10. Bagiye kugura, umukwe araza, abari biteguye binjirana na we mu bukwe, urugi rurakingwa.11. “Hanyuma ba bakobwa bandi na bo baraza, barahamagara bati ‘Nyakubahwa, dukingurire.’ 12. Na we arabasubiza ati ‘Ndababwira ukuri yuko ntabazi.”
(Matayo 25:10-12)

Ba maso nk’umugeni utegereje umukwe


Mbese ibikorwa byawe biragushyira mu uruhe ruhande? Ndakwifuriza kuba mu banyabwenge.

Rev Karayenga J. Jacques