BA UWO KWIFUZWA

Uyu Mwaka uzabe Uw umumaro aho uri hose

“Iryo jambo ni iryo kwizerwa kandi ndashaka ko uhamya ibyo ubikomeyeho cyane,kugirango abizeye Imana bagire umwete wo kumaramaza gukora imirimo myiza. Ibyo nibyo byiza kuko bigira icyo bimarira abantu”.
(Tito 3 : 8).

*Ndakwifuriza guhora ugira umwete wo gukora imirimo myiza yose ishimwa n’Imana kuko nicyo yakuremeye. Kandi hari imirimo myiza nk’iyo ushobora gukora abantu bazi, ndetse n’iyo ukora batazi ariko Imana irayimenya ikanayandika, kandi ukazanayihemberwa. Ndakwifuriza gukomeza kuba uw’umumaro mu muryango wawe, mw’Itorero ryawe no mu gihugu cyawe*.

Amasezerano