“Anyura iruhande rw’inyanja y’i Galilaya, abona Simoni na Andereya mwene se barobesha urushundura mu nyanja, kuko bari abarobyi.17. Yesu arababwira ati”Nimunkurikire, nzabagira abarobyi b’abantu.”
(Mariko 1:16-17)
Guhinduka umurobyi w’abantu.
Uhinduka umurobyi w’abantu iyo wemeye gusiga ibyo warimo (ingeso za cyera) ukaza kubana na Yesu. Bityo uko ugenda urushaho gusa namwe niko n’inshingano yo kuba umurobyi w’abantu ugenda uyigeraho.
Rev. Jean Jacques KAREGEYA