3. Ngicecetse, Amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira.4. Kuko ukuboko kwawe ku manywa na nijoro kwandemereraga, Ibyuya byanjye bigahinduka nk’amapfa yo mu cyi. Sela.(Zaburi 32:3-4)
Guhisha icyaha bibuza amahoro mu bice byose bigize umuntu (umwuka,ubugingo n’umubiri),ariko kucyatura bihesha amahirwe yo kuzura n’Imana no gusabana nayo.
Rev. KARAYENGA Jean Jacques