“Numva ijwi rirenga rivuye kuri ya ntebe rivuga riti”Dore ihema ry’Imana riri hamwe n’abantu kandi izaturana na bo, na bo bazaba abantu bayo kandi Imana ubwayo izabana na bo ibe Imana yabo.” (Ibyahishuwe 21:3)
Gutegura aho uzaba iteka
Ndakwifuriza ko wakwegurira Yesu ubuzima bwawe, akakuyobora muri ubu buzima urimo,anagutegurira n’ubuzaza kuko ariwe ufite ubutware kubyaremwe byose.
Rev. KARAYENGA J. Jacques