Humura ntakiyinanira – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Mu ruhande rwe ari kumwe n’amaboko y’umubiri, ariko mu ruhande rwacu turi kumwe n’Uwiteka Imana yacu, ni yo idutabara kandi ije kuturwanira intambara zacu.” Nuko abantu bishingikiriza ku magambo ya Hezekiya umwami w’Abayuda. (2Ngoma:8).

Imana irinda abera ibihe byose ikabarwanirira ntabwo ijya itsindwa. Ubwo iri mu ruhande rwawe humura we kugira ubwo kuko nta kiyinanira.

Pst Mugiraneza J Baptiste