“Gukiranuka kwawe guhwanye n’imisozi miremire y’Imana, Amateka yawe ni nk’imuhengeri, Uwiteka ni wowe ukiza abantu n’amatungo.8. Mana, erega imbabazi zawe ni iz’igiciro cyinshi! Abana b’abantu bahungira mu gicucu cy’amababa yawe”.(Zaburi 36:7-8)
Ibyishimo dukomora mu ubutunzi bw’Imana yacu.
Shimira Imana ko nubwo ufite ibyo uhura nabyo bikurushya,muri Yo harimo ubutunzi busaga bwagenewe abayizera. Uyishimire ko wabumenye kandi kandi wizere kugirango ubugireho umugabane.