IKIBABAZO GIHARI SIK’IGIHE UMAZE UZI YESU, AHUBWO NI IGIHE UMAZE UTARIZERA IMBARARAGA ZE/Ev. Olivier NDATIMANA

IKIBABAZO GIHARI SIK’IGIHE UMAZE UZI YESU, AHUBWO NI IGIHE UMAZE UTARIZERA IMBARARAGA ZE.

Matayo 8:26
Arababaza ati “Ni iki kibateye ubwoba, mwa bafite kwizera guke mwe?” Maze arabyuka acyaha umuyaga n’inyanja, biratuza rwose.

, kumpamvu zigaragaza ko abantu bashobora kugendana na YESU igihe kirekire ariko batarizera imbaraga ze.

Aba bigishwa bari bamaze igihe kirekire baziko YESU akora ibitangaza, yirukana abadayimoni bakamwumvira, akiza indwara, azura abapfuye bari bamuziho ubushobozi bwinshi ariko bageze imbere y’umuraba ubibagiza ko nawo afite ubushobozi bwo kuwutegeka ugatuza, ariko YESU bamukanguye ababaza impamvu bajyendanye nawe bataka NGO barapfuye barapfuye ntibagire kwizera.

Turimwo dusoza , ufite imbere yawe ibikubereye umuraba ubona byenda kukurohamisha ariko YESU wahagaritse umuraba munyanja tumwizere kandi tumwingingire kumwereka ibiturenze byatubereye umuraba niwe wenyine wokuturengera. Humans na Yesu.

Ev. Olivier NDATIMANA