“Dore ndi kumwe nawe, nzakurindira aho uzajya hose, kandi nzakugarura muri iki gihugu, kuko ntazagusiga ntarakora ibyo nkubwiye.”16. Yakobo arakanguka aravuga ati”Ni ukuri Uwiteka ari aha hantu, nanjye nari ntabizi.”
(Itang. 28:15-16)
Imana ibana nawe aho ujya hose, nawe ukwiye kuyitura ko ariyo yonyine ikubera Imana nka Yakobo, ntugire icyo uyibangikanya mu umutima wawe.