“Imana iherako ibwira Salomo iti”Kuko ibyo ari byo usabye ukaba udasabye kurama, ntusabe n’ubutunzi cyangwa ko abanzi bawe bapfa, ahubwo ukisabira ubwenge bwo kumenya guca imanza zitabera,12. nuko nkugiriye uko unsabye. Dore nguhaye umutima w’ubwenge ujijutse, mu bakubanjirije cyangwa mu bazagukurikira nta wuzahwana nawe.”
(1 Abami 3:11-12)
Gusenga gusumba ukundi ni ugusaba ibituma ugira kamere y’Imana mu ubuzima bwawe kuko bituma Imana ikwishimira ikakugabira n’ibindi byose ukeneye,utari wayisabye.