IMIRIMO Y’UMWUKA WERA MU ISEZERANO RYA CYERA NISEZERANO RISHYA – EV, JUSTIN HAKIZIMANA

1.ABACAMANZA 14:5-6
2. 1 SAMUEL 16:23
3. YOHANA 14:15-18

Imirimo Y’UMWUKA WERA ntawabasha kuyirondora kimwe nuko imirimo y’Imana ntawabibasha, KUKO benshi bayivuga bagendeye kubyo yakoze babonye bivuzeko rero ntawabasha kuyibara KUKO uyumunsi yakora ibyo itigeze gukora.

Rero imikorere ya Mwuka wera nta FORMULE igira nkuko umuntu ateranya imibare ngo 1+1=2 ugendeye kwihame runaka rizwi rikurikizwa ariko iyo tugeze k’umwuka wera SIKO bigenda ngo UKOBYAGENZE ubushize NUYUMUNSI Niko bigenda OYA ntago ariko umwuka wera Akora

AHUBWO BIRAHINDUKA BIVUZEKO IBYUMWUKA SI AKAMENYERO.

Ahomuzabona mumateraniro ibibaye icyumweru kimwe bidahinduka muzashyireho akabazo ngaho uyumunsi basengeye amazi bayaha umuntu arakira ngo Mwese kucyumweru muzayazane tuyasengere muzakira NYAMARA ukobyagenze uyumunsi Niko umwuka yabishatse ariko bo bakibwirako igihe cyose ariko bizagenda OYA , UMWUKA SUKO AKORA TWIBUKE NA YESU HAMWE YATOBYE AKONDO ARAMUSIGA ATI GENDA WIYUHAGIRE AHANDI AGAKORESHA ITEGEKO

ntago yakoraga ibisa byarahindukaga RERO IBYUMWUKA NTAGO BIMENYERWA NGO TUMUTEGEKE UKO AKORA.

UKO MWISEZERANO RYA CYERA UMWUKA YAKORAGA

Umwuka wera yazaga k’umuntu umwe AKAMUHANGAHO mugihe cye Bitewe nicyo Imana ishaka kumukoresha bakagenda basimburana ntiyigeze aza kubantu benshi icyarimwe yazaga kuwo Imana ishaka yasoza ibyo Imana ISHAKA umwuka AKAGENDA we agasigara uko yarari mbere

nka DAWIDI yaracurangaga imyuka mibi igahunga ,

Samusoni yatanyaguzaga intare kubera umwuka YAMUHANZEHO

ntago yigeze abana nabo igihe cyose ahubwo yabazagaho 1 samwuel 19.

MU ISEZERANO RISHYA

HO hari itandukaniro umwuka wera yagombaga kuza kubizera Bose tugendeye uko isezerano ryari rimeze YAGOMBAGA KUZA KUBIZERA AKABA MURIBO , AGATURA MURIBO AGAKORERA MURIBO KANDI AKABAHINDURA AKABATUNGANYA bakagira umutima MUSHYA , sukubahangaho gusa ahubwo akababashisha GUKIRANUKA AKABAKURA MUNTEGE NKEYA NOMUBWBA AKABABASHISHA GUKORA UMURIMO WIMANA NIMBARAGA NYINSHI BARI MUYINDI DIMENSIONS.

YOWELI 3:1…..

YAZAGA kubantu Bose cg benshi RIJE arisezerano ry’abantu benshi Hallelluaaaa nibyo byabaye kumunsi WA Penteconte turimo twitegura wabayeho bwambere mugihe cyintumwa IBYAKOZWE NINTUMWA 2 aho abantu 120 Bose bujujwe umwuka wera batangira kuvuga indimi NSHYA haje ibishashi byumuriro 120 buriwese yakira icye avuga uko cyamujeho

KWAKORUNELIYO PETERO yigisha abantu bizura umwuka wera asiga anababatije mumazi kubera bari BAMAZE kwakira umubatizo w’umwuka wera ABEFESO 19.

RERO imirimo Y’UMWUKA WERA ntiwabasha kuyibara KUKO rimwe NARIMWE umwuka ARATUNGURANA , twibukiranye komu isezerano ryacyera umwuka yabangagaho bamara gukora ibyo Imana ISHAKA umwuka akigendera KUKO ntiyabanaga nabo ibihe byose ariko mu isezerano RISHYA AGOMBA KUGUMANA nabo agakorana nabo ibihe byose AKABAHISHURIRA KANDI YAZAGA KUBANTU BESNHI ICYARIMWE.

YOHANA 14
AKABANA NATWE URETSE ABANZE KUMWUMVIRA BAKIVANGA NIBYAHA NIBO YIGENDERA KUKO NTABA AGIKORANA NABO

NB: NYUMUNSI HARABO UMWUKA AHANGAHO AKABAKORESHA NYUMA AKIHENDERA KUKO BANZE KUMWEMERERA NGO BABANE BAKAJYA MUBYAHA BIVUZEKO ATABA MURIBO ATAGUMANA NABO NTIMUKAGUSHWE NABO NGO KO AHANURA ARIKO AKABA ASINDA NUKO UMWUKA AMUHANGAHO NTABE MURIWE.

DUTANDUKANYE KUYOBORWA NO GUKORESHWA N’Umwuka wera?

ushobora GUKORESHWA N’Umwuka wera ariko utayiborwa nawe

Kandi bibiriya ivugako ABAYOBORWA N’UMWUKA ARIBO BANA B’IMANA.

Iyo wanze kwemerera umwuka wera ngo mubane Abe muriwowe Bitewe nibyaha urimo ashobora kuza akaguhangaho ugahanura ukabwiriza ugakora IBITANGAZA Bitewe nicyo Imana ishaka kugukoresha byarangira akigendera

🔥niyompamvu MUZABONA ABAHANURA ARIKO BAGAKORA NIBYAHA KUKO HARI nabakongezwa nuko bageze aho abanyamwuka bari ariko batandukana ugasanga yagiye mubindi RERO ABO NTIBAKAGUSHE.

🔥 SAMUSONI UMWUKA YAMUZAGAHO AGAKORA IBIKOMEYE AKICA ABAFIRLISITIYA ARIKO MUKANDI KANYA UKAMUSANGA KWA MARAYA YAGIYE KWIVANGA MUBYAHA KUKO YAKIRESHWAGA NUMWUKA ARIKO NTIYAYOBORWAGA NUMWUKA.

🔥IMIMARO YUMWUKA WERA

  1. GUTUNGANA ABIZERA AKABEZA EZEKIYELI 36:25
    Umwuka wera akorera abantu deliverance akabatandukanya nimyuka mibi nazakarande akakweza akagutunganya ukera {{ UMUNTU WUZUYE UMWUKA WERA AROROHA KUMUYOBORA BIROROHA ARIKO UTAWUFITE AJYA YIKAKAZA AKIREMEREZA

2.AZASHOBOZA UMUNTU KUGENDANA N’IMANA AKAMUYOBORA MUKURI KOSE AKAKUGENGA.
YOHANA 16:13
3.ASHYIRAMO UMUNTU UMUHAMAGARO
ACTES 13:1-3
Iyo umuntu afite UMUHAMAGARO w’Imana ibintu BYOSE BIROROHA kko Imana ibana nawe igakorana nawe IKIGARAGARIZA MURIWE.
4.AGABA IMPANO
1 ABAKORINTO 12:1-11
5.WOKWEMEZA ABANTU IBYAHA Atsinda abisi YOHANA. 16:7
6.UMEUKA WERA ARIGISHA (UMWIGISHA) LUKA 12:12
Atwigisha IBYO dukora tuvuga ………Yeremeya 32:33 umwuka wera niwe mwigisha wukuri IBYO abantu BANANIWE

kukwigisha umwigisha wera arabishobora iyo yaje“`

🔥 NTAWUBASHA KURONDORA IMIRIMO Y’UMWUKA KANDI IMIKORERE YA MWUKA WERA SI IBINTU BAFATA MUMUTWE BIHORA BYIREPETA {{BIGARUKA}} MUBURYO BUMWE AHUBWO AKORA UKO ASHAKA AHORA AHINDURANYA KUKO AKORA UKO ASHATSE MUBURYO ASHATSE.

Mwarikumwe

namwene so muri Kristo EV.JUSTIN HAKIZIMANA