Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo,21. icyubahiro kibe icyayo mu Itorero no muri Kristo Yesu, kugeza iteka ryose ry’ibihe bidashira, Amen.”
(Abefeso 3:20-21)
Ineza y’Imana iyitera kugira imbabazi.
Mu kugiraneza kw’Imana harimo imbabazi zayo ikugirira itarebye uwo wariwe n’ibyo wakoze utarayisanga, ahubwo ikakugira imbabazi utari ubikwiriye.
Rev KARAYENGA Jean Jacques