“Nuko Kalebu arongera aravuga ati”Kandi dore Uwiteka yatumye mara iyi myaka mirongo ine n’itanu nk’uko yavuze, uhereye igihe Uwiteka yabibwiriye Mose, Abisirayeli bakizerera mu butayu. None dore uyu munsi nshyikije imyaka mirongo inani n’itanu.11. Ubu ndacyafite imbaraga nk’uko nari nzifite urya munsi Mose yanyoherejeho. Uko imbaraga zanjye zameraga ku rugamba, ntabara ngatabaruka, na n’ubu ni ko zikiri.” (Yosuwa 14:10-11)
Komatana n’Uwiteka byahesheje Kalebu imbaraga zatumye anesha ku myaka 85 nkuko yaneshaga agifite 40. Nawe niwomatana nawe azagushoboza gutsinda izubu n’izizaza.