“kuko nubwo mufite muri Kristo ababayobora inzovu, ntimufite ba so benshi. Ni jye wababyaje ubutumwa bwiza muri Kristo Yesu.16. Nuko rero ndabinginga kugira ngo munyigane.”
(1 Abakor. 4:15-16)
Kuba icyitegererezo
Umukirisito nk’urugingo rwa Kristo arasabwa gukora neza bityo akabera abandi icyitegererezo, ibyo akora ,avuga n’uko yitwara bikarehereza abantu kuza kuri Yesu no gukizwa.
Rev. Jean Jacques KARAYENGA