“5. Ni we waduhesheje igikundiro no kuba intumwa ku bw’izina rye, kugira ngo mu mahanga yose habemo abumvira Imana babiheshwa no kwizera,6. kandi namwe muri muri bo, abahamagariwe kuba aba Yesu Kristo,7. ndabandikiye abari i Roma mwese bakundwa n’Imana, bahamagariwe kuba abera. Ubuntu bube muri mwe n’amahoro biva ku Mana Data wa twese, no ku Mwami wacu Yesu Kristo.” (Abaroma 1:5-7)
Kumenya umuhamagaro wawe.
Umuhamagaro wawe ukomeye mbere na mbere nuwo gukurikira Yesu nk’uwera nk’umuntu wahindutse uw’Imana. Nubwo waba ari ntamirimo ushinzwe uyu muhamagaro w’ingenzi urakomeje kuri wowe.
Rev KARAYENGA Jean Jacques