“Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, kugira ngo mbareme umutima w’ibyo muzabona hanyuma. Ni ko Uwiteka avuga.”
(Yeremiya 29:11)
Kurinda ibyiringiro
Nubwo waba mubihe bisa naho utabona aho gutabarwa kwaturuka nk’ibyo aba bene Dada b’ Abisiraheli bari barimo, Imana ikomeje umugambi wayo,komeza ibyiringiro watangiranye. Kuko ifite umugambi mwiza wo kugusana mu Umwuka no mubuzima busanzwe.
Rev. KARAYENGA J. Jacques