“7. “Ariko ndababwira ukuri yuko ikizagira icyo kibamarira ari uko ngenda, kuko nintagenda Umufasha atazaza aho muri, ariko ningenda nzamuboherereza”
(Yohana 16:7)
Kwakira imbaraga z’Umwuka Wera zidushiboza guhembuka.
Ndakwifuriza ko muri iri jambo uhishurirwa ibanga rituma usubizwamo imbaraga nshya ntucogore, ahubwo ukaba uwo Imana yifuza, uhora asubizwamo imbaraga nshya ngo asohoze misiyo y’Imana yo kwera imbuto no guhamya Yesu Kristo nk’umwigishwa we.
Rev Karayenga Jean Jacques