“Ariko igihe nzavugana nawe nzabumbura akanwa kawe nawe uzababwire uti ‘Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo ushaka kumva niyumve, kandi udashaka kumva narorere’, kuko abo ari inzu y’abagome.”
(Ezekiyeli 3:27)
Kwicisha bugufi no gutega amatwi ngo wumve ijwi ry’Imana
Ndakwifuriza kumva ijwi ry’Imana rivuganira nawe munzira zayo zitandukanye no kuryumvira, kugirango rihishure kandi rizure imigambi n’imigisha waremewe isinziririye muri wowe.
Rev. Jean Jacques Karayenga