Daniyeli 2:18-19)
“kugira ngo bingingire Imana yo mu ijuru ibyo bihishwe, ngo ibagirire imbabazi batarimburanwa n’abanyabwenge bandi b’i Babuloni. 19. Nuko ibyo byahishwe bihishurirwa Daniyeli mu nzozi yarose nijoro. Maze Daniyeli ashima Imana yo mu ijuru”*
Ba Daniel bari baritandukanije n’ibihumanya by’i Babuloni, gukiranuka kwabo kuba ingingo ibarengera ngo batarimburanwa n’abapagani. Mugihe abantu batangaza ko byarangiye, haba hakiri ubundi buryo ku bakiranutsi aribwo gusenga Imana itabara abayo.