Ntacyo ahishwa, ujye umubwiza ukuri. – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Imana iguhe kwizera kugushoboze kunesha – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“Mba nararabye iyo ntizera ko nzarebera kugira neza k’Uwiteka,Mu isi y’ababaho.” (Zaburi 27:13). Mu buzima bwa hano ku isi harimo ibintu byinshi bitera abantu kuraba. Imana iguhe kwizera kugushoboze kubinesha. …

Soma byose
Umugambi w’Imana ku muntu nta cyawuburizamo – Ev. Ndayisenga Esron

Imvugo y’Imana ni urukingo rw”amakuba – Ev. Ndayisenga Esron

Imvugo y’Imana ni urukingo rw”amakuba – Ev. Ndayisenga Esron Ezayi 37:6,14[6]Yesaya arababwira ati “Mubwire shobuja muti ‘Uwiteka avuze ati: Ntutinye ayo magambo wumvise abagaragu b’umwami wa Ashuri bantutse. [14]Bukeye intumwa …

Soma byose
NTIMUHAGARIKE IMITIMA MWIZERE IMANA – Pastor Manirafasha Pascal

NTIMUHAGARIKE IMITIMA MWIZERE IMANA – Pastor Manirafasha Pascal

NTIMUHAGARIKE IMITIMA MWIZERE IMANA – Pastor Manirafasha Pascal IBYANDITSWE BYERA:Yohana 14:1“Ntimuhagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere.” Abantu bafite ubwoba bwinshi, imitima yabo irahagaze abashonje bibaza uko barya n’abahaze bararwana …

Soma byose
Gusengana umutima wumvira ubushacye bw’Imana – Rev. Jean Jacques Karayenga

Kwizera Uwiteka ni ko gushyiraho itandukaniro mu bantu – Pst Mugiraneza J. Baptiste

“…Ntikizatinya amapfa nacana, ahubwo ikibabi cyacyo kizahorana itoto, ntikizita ku mwaka wacanyemo amapfa kandi ntikizareka kwera imbuto zacyo.” (Yeremiya 17:8b). Kwizera Uwiteka ni ko gushyiraho itandukaniro mu bantu, kuko gutanga …

Soma byose
Hari ibyakogoshe, ariko Uwiteka yongeye kukumereza umusatsi – Ev. Ndayisenga Esron (0788821682)

Komera Shikama kuko Marayika w’Umwami Imana agutumweho – Ev. Ndayisenga Esron

Komera Shikama kuko Marayika w’Umwami Imana agutumweho – Ev. Ndayisenga Esron Mika 7:8[8]Wa mwanzi wanjye we, we kunyishima hejuru ningwa nzabyuka, ninicara mu mwijima Uwiteka azambera umucyo. Yobu 19:25[25]Ariko jye …

Soma byose
Turisha urusaku wumve umwungeri – Rev. Jean Jacques Karayenga

Turisha urusaku wumve umwungeri – Rev. Jean Jacques Karayenga

“Iyo amaze kwahura ize zose azijya imbere, intama zikamukurikira kuko zizi ijwi rye.”(Yohana 10:4) Turisha urusaku wumve Umwungeri Itoze gutuza wumve ijwi ry’Imana kuko aribwo uzasobanukirwa icyo Umwami ashaka kuvugana …

Soma byose
Ibibi biri ahantu hose, wowe saba Yesu aguhe imbaraga zigushoboza gukora ibyiza – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ibibi biri ahantu hose, wowe saba Yesu aguhe imbaraga zigushoboza gukora ibyiza – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Ukundwa, ntukīgane ikibi ahubwo wīgane icyiza. Ukora ibyiza ni we w’Imana, naho ukora ibibi ntiyari yabona Imana. (3 Yohana 1:11). Ibibi biri ahantu hose, wowe saba Yesu aguhe imbaraga zigushoboza …

Soma byose
Guma mu ihema ry’Imana, hari ubuzima – Ev. Ndayisenga Esron

Guma mu ihema ry’Imana, hari ubuzima – Ev. Ndayisenga Esron

Guma mu ihema ry’Imana, hari ubuzima – Ev. Ndayisenga Esron Zab 61:4-5[4]Kuko wambereye ubuhungiro,N’igihome kirekire kinkingira umwanzi. [5]Nzaguma mu ihema ryawe iteka,Nzahungira mu bwihisho bwo mu mababa yawe.Sela. Itang 18:9[9]Baramubaza …

Soma byose
Ni Iki kiguteye gusubira inyuma? – Ev. Rwabisigara Dieudonne

Ni Iki kiguteye gusubira inyuma? – Ev. Rwabisigara Dieudonne

Ni Iki kiguteye gusubira inyuma? – Ev. Rwabisigara Dieudonne Nshimye Imana kubwo uyu mwanya mbonye ngo tuganire Ku ijambo ry’Imana.Ndifuza uyu munsi twaganira ku intego igira iti: “Ni iki kiguteye …

Soma byose
Umutima wakira ijwi ry’Imana – Rev. Jean Jacques Karayenga

Umutima wakira ijwi ry’Imana – Rev. Jean Jacques Karayenga

“Maze Uwiteka araza ahagarara aho, aramuhamagara nk’ubwa mbere ati”Samweli, Samweli!” Na we ati”Umbwire kuko umugaragu wawe nteze amatwi.”(1 Samweli 3:10) Umutima wakira ijwi ry’Imana Hari ikintu cyibanze Imana ivugana nawe …

Soma byose
Paji63 muri 259 1626364259

Soma n'ibi