Zirikana ko uri uw’amanywa

Zirikana ko uri uw’amanywa

“8. Ariko twebweho ubwo turi ab’amanywa, twirinde ibisindisha twambaye kwizera n’urukundo nk’icyuma gikingira igituza, kandi twambaye ibyiringiro byo kuzabona agakiza nk’ingofero. “(1 Abatesaloniki 5:8) Zirikana ko uri uw’amanywa Ku manywa …

Soma byose
INYAMASWA ITUKURA / REV . J.JACQUES KARAYENGA

Rinda ibyo kwizera9

“3. Bakundwa, ubwo nagiraga umwete wo kubandikira iby’agakiza dusangiye niyumvisemo ko mpaswe no kubahugura, kugira ngo mushishikarire kurwanira ibyo kwizera abera bahawe rimwe, bakazageza iteka ryose.”(Yuda 1:3) Rinda ibyo kwizera …

Soma byose
Umurage w’amahoro

Umurage w’amahoro

“27. “Mbasigiye amahoro, amahoro yanjye ndayabahaye. Icyakora simbaha nk’uko ab’isi batanga. Imitima yanyu ntihagarare kandi ntitinye.”(Yohana 14:27) Umurage w’amahoro Yesu yagusigiye amahoro uzaheshwa: nuko wiringiye Imana, ukabaho ubuzima bwo kwizera …

Soma byose
nubwo atari intego y’Imana kutubabaza. Ijisho ry’Imana rituriho mu mubabaro tunyuramo

Kuba umugaragu mbere yo kuba inshuti

“15. Sinkibita abagaragu kuko umugaragu atazi ibyo shebuja akora, ahubwo mbise incuti kuko ibyo numvise kuri Data byose mbibamenyesheje.”(Yohana 15:15) Kuba umugaragu mbere yo kuba inshuti Nibyiza gukora imirimo y’Imana, …

Soma byose
Byashoboka kuha inshuti y’Imana?

Byashoboka kuha inshuti y’Imana?

“11. Uwiteka akavugana na Mose barebana nk’uko umuntu avugana n’incuti ye. Mose agasubira mu ngando, ariko umufasha we w’umusore, Yosuwa mwene Nuni ntave muri iryo hema.”(Kuva 33:11) Byashoboka kuha inshuti …

Soma byose
Kuba inshuti y’Imana

Kuba inshuti y’Imana

“15. Sinkibita abagaragu kuko umugaragu atazi ibyo shebuja akora, ahubwo mbise incuti kuko ibyo numvise kuri Data byose mbibamenyesheje.”(Yohana 15:15) Kuba inshuti y’Imana Imana irashaka ko uhitamo kugendana nayo, mukaba …

Soma byose
Ibyiringiro byuko itazakureka

Ibyiringiro byuko itazakureka

“5. Ntimukagire ingeso zo gukunda impiya ahubwo mujye munyurwa n’ibyo mufite, kuko ubwayo yavuze iti”Sinzagusiga na hato, kandi ntabwo nzaguhana na hato.” (Abaheburayo 13:5) Ibyiringiro byuko itazakureka Imana ntizaguhana. Isi …

Soma byose
Ibyiringiro by’ahazaza

Ibyiringiro by’ahazaza

“1. Tuzi yuko niba inzu y’ingando yacu yo mu isi izasenywa, dufite inyubako ituruka ku Mana, inzu itubatswe n’intoki, itazashira yo mu ijuru.”(2 Abakorinto 5:1) Ibyiringiro by’ahazaza Uyu mubiri dutuyemo …

Soma byose
Igufitiye umugambi mwiza

Igufitiye umugambi mwiza

“Nimuhora mwumvira amategeko yanjye, mukitondera ibyo nategetse mukabyumvira, nzajya mbavubira imvura mu bihe byayo, ubutaka buzajya bwera imyaka yabwo, ibiti byo mu mirima bizajya byera imbuto zabyo. 5.Ihura ryanyu rizageza …

Soma byose
SATANI NI UMURWANYI SI UMUNESHI

SATANI NI UMURWANYI SI UMUNESHI

Abacamanza 6:16 .Uwiteka aramubwira ati”Ni ukuri nzabana nawe, kandi uzanesha Abamidiyani nk’unesha umuntu umwe.” Nubwo uhora urwana n ibitero bya Satani komera ushikameKandi Witinya ibyo bitero ubona biteye ubwoba biguhagurukira.Humura …

Soma byose
Paji99 muri 259 19899100259

Soma n'ibi