Matayo 6.7
Ruka 4.5-13
Abantu bamwe baziko gusenga arugusubiramo kenshi utondeka amagambo wibwirako aribwo wunvwa; Ntabwo aribyo kuko lmana izi ibyo dukenye tutaramusaba.
Zaburi 65.2
lmana yacu ni lmana yunva amasengesho .ntihinduka kandi nukugira neza kwayo guhoraho iteka ryose.
Uburyo bwiza bwo gusenga
Tubona ingero nyishi z’abantu b’lmana bagiye basenga :kandi lmana yagiye ibasubiza
Urugero: nehemiya, Daniyeli n’abandi.
Babikoraga muburyo butatu bwi ngenzi
- Kuramya
- Kwatura
- Gusaba
Kuramya : guha lmana icyubahiro cyayo
Kwatura: ukamenya kwatura ibyaha byawe mbere yo kugira icyo uvuga
Gusaba : kumenya kwibutsa lmana amasezerano yagusezeranije yose
Gusaba lmana kugutabara mungorana zawe zose
Ugasenga wishingikirije kw’ijambo ry’lmana.
Icyindi gusenga bijyana no kwizera
Abah 11.6 ariko utizera ntibishoboka ko ayinezeza.
Imana yacu ifite ububasha n’ubushobozi bwo kudusubiza ibyo twayisabye
Ifite ububasha mwijuru no mwisi . Ni ukuyizera udashikanya.
Gusenga kandi bijyana no kunvira : unva uko yesu yavuze muri matayo 15.7 nimuguma muri njye musabe icyo mushaka cyose muzagihabwa.
Imana yunva amasengesho ya bantu baguma muri kristo no mu jambo rye
Gusenga bijyana no kwizera
Imana yunva amasengesho ya bantu baguma muri Kristo no mu ijambo
Dusabwa gusenga ubudasiba.
Pastor Etienne Rusingizandekwe