- Maze Daniyeli asabira Saduraka na Meshaki na Abedenego ubutware bw’igihugu cy’i Babuloni, umwami arabubaha ariko Daniyeli we aguma ibwami.(Daniyeli 2:49)
- Niba ari ibyo, Imana yacu dukorera ibasha kudukiza mu itanura ry’umuriro ugurumana, kandi izadukiza ukuboko kwawe nyagasani.18. Ariko naho itadukiza, nyagasani umenye ko tutari bukorere imana zawe, habe no kuramya icyo gishushanyo cy’izahabu wakoze.” Ba Saduraka bajugunywa mu itanura ntibashya (Daniyeli 2:49;3:17-18)
Ubushuti bukwiriye abantu b’Imana
Daniel na bagenzi bari inshuti zikomezanya mu gukiranuka no kubaha Imana. Nawe mu ubuzima bwawe inshuti nk’izi nizo zikenewe kugirango zigufashe guharara muruhande rw’Imana mu mitego yo mu isi.
Rev. Jean Jacques KARAYENGA