Ubwami buzana n’ibyabwo

“Nuko ntimukiganyire mugira ngo ‘Tuzarya iki?’ Cyangwa ngo ‘Tuzanywa iki?’ Cyangwa ngo ‘Tuzambara iki?’ 32. Kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi So wo mu ijuru azi ko mubikwiriye byose.”
(Matayo 6:31-32)

Ubwami buzana n’ibyabwo


Niwemera kubanza ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo mu umutima wawe, ntabwo ubwami buzaza bwonyine uhubwo buzaherecyezwa nibyo ucyeneye byari biguhangayitse.

Rev Karayenga Jean Jacques