“Nuko ntimukiganyire mugira ngo ‘Tuzarya iki?’ Cyangwa ngo ‘Tuzanywa iki?’ Cyangwa ngo ‘Tuzambara iki?’ 32. Kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi So wo mu ijuru azi ko mubikwiriye byose.”
(Matayo 6:31-32)
Ubwami buzana n’ibyabwo
Niwemera kubanza ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo mu umutima wawe, ntabwo ubwami buzaza bwonyine uhubwo buzaherecyezwa nibyo ucyeneye byari biguhangayitse.
Rev Karayenga Jean Jacques