Ukwiye kugira kugira inyota yo gushaka Imana

“Uwiteka aravuga ati”Ijuru ni intebe yanjye, isi na yo ni intebe y’ibirenge byanjye. Muzanyubakira nzu ki, kandi aho nzaruhukira hazaba ari hantu ki?2. Kuko ibyo byose ukuboko kwanjye ari ko kwabiremye, bikabaho byose.” Ni ko Uwiteka avuga.”Ariko uwo nitaho ni umukene ufite umutima umenetse, agahindishwa umushitsi n’ijambo ryanjye.”
(Yesaya 66:1-2)

Niba ushaka kuba umuntu Imana yitaho gira umutima ufite inyota y’Imana, umutima uyimenekeye kandi ugahindishwa umushyitsi n’ijambo ryayo.