• Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Top Bar Navigation
AMASEZERANO.COM
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
AMASEZERANO.COM
No Result
View All Result
Ahabanza INYIGISHO

Umwenda W’ahera Watabutsemo Kabiri – Pasitori Uwambaje Emmanuel

Kwizera Janvier na Kwizera Janvier
06/04/2023
muri INYIGISHO
0
0
Umwenda W’ahera Watabutsemo Kabiri – Pasitori Uwambaje Emmanuel
0
Bayisangije
1k
Bayisuye
263

Umwenda ukingiriza ahera cyane utabukamo kabiri…..ibituro birakinguka..” Matayo 27:51-53.

Turi abantu bakomotse mu bise by’urupfu rwa Yesu. Mu bintu byazanye Yesu ni ubugingo bwacu ngo bukire (Yohani 10;10). Amazu n’ibindi bintu sibyo byari intego ya mbere kuko Niyo Yesu Kristo adapfa ngo azuke ntibyari kubuza abantu kubona imigisha yo mu isi, ariko nanone Kwakira Yesu Kristo mubuzima bwacu ni ukwakira ubuzima bushya (2Kor 5;17).

 Iyo dushimiye Yesu ko yaduhaye ibintu bifatika gusa tuba dupfobeje umurimo wo kuducungura yakoze, kandi bitera confusion abatwumva ,kuko tuba tuvuzeko abafite ibyo twita imbereho bamaze kubona gakiza, kandi Bibiliya muri (Yohani 3;16) basobanura neza impamvu nyamukuru yazanye Yesu.

IBITANGAZA BYABAYE YESU AMAZE GUTANGA:

Umwenda ukingirije ahera cyane watabutsemo kabiri kuki?

Umwigisha Pasitori Uwambaje Emmanuel

Ntabwo byari byoroshye kwegera Imana kuko yatoranije Abisirayeli ibagira ubwoko bwayo ibaha amasezerano akomeye abandibasigaye ku isi bahagabwa umugisha binyuze mu Israheli.

Twibukeko mubana yabyaye harimo ishimayeli na Isaka, abo bana bombi haricyo bahuyieho ni Imigisha yo mu isi ariko umugisha w’umwuka wari kuri Isaka gusa.

Ninako byari bimeze imbere y’Imana kubantu bose. Imigisha yo kubaho turayisangiye kuko Imana Ivubira imvura mumirima y’ababi n’abeza, bityo rero Yesu yagombaga kuza agukuraho urusika rudutadukanya n’Imana.

Dufite ingero nyinshi z’uko Isezerano rya Kera ryahaga agaciro abantu:

-Abagore b’abisirayeli nabo ntibabarwaga, nta gaciro bagiraga no mu masinagogi ntibicaraga hamwe n’abagabo, ntibari bemerewe kuvugira mu ruhame, mu minsi yabo y’imihango y’ukwezi barahezwaga kuko basaga nk’ikizira, kandi iyo miterere y’imibiri yabo n’Imana yayigennye gutyo, ubwo se baziraga iki ? Yemwe Yesu yari akwiye kuza.

-Abana ndetse n’abasore bari munsi y’imyaka 30 nabo ntibari bafite agaciro, usanga Bibiliya ivunga ngo Yesu yahagije ibihumbi 5000, utabariyemo abagaore n’abana.

 -Abanyamahanga nabo Imana ntiyabemeraga, barahezwaga nta gaciro bari bafite.

-Abafite indwara zidakira , ubumuga n’inenge yose, abakene nabo ntibemerwaga babarwa nk’ibazira.

-Yewe n’abatambyi nabo  bagombaga gutoranywa mu muryango umwe wa Lewi ariko nabwo ntibyaba bihagije, ahubwo babanzaga kubagenzura bakabakuramo imyenda yose bakareba ko nta nenge iri ahatagaragara bafite ku mubiri cyangwa inkovu kandi bakareba abafite nubura imyaka 30 ese ninde wabura inkovu kumubili?

-Ese amatungo atagira inenge yahoraga apfa murumva yaziraga iki ?Ariko Yesu aje amaze gupfa umwenda ukingiriza ahera cyane utabukamo kabiri bisobanura ko buri wese yemerewe kwigerera rimbere y’Imana , hatatawe kunenge afite.

Mu muco w’abayuda bari baziko Umuntu ukiranuka iyo apfuye ajya mu gituza cya Abarahamu naho abadakiranuka bakajya mubiganza bya  satani akaba ari na we ufite imfunguzo za kuzimu. Nicyo cyatumye Umwami Sauli yaragiye  gushikisha bakamugarurira Samuel, icyo gihe bajya babagarurira abapfuye baciye ku bashitsi cyangwa abapfumu, ariko ubu Satani yambuwe imfunguzo.

Ariko Yesu amaze gupfa yahise amanuka ajya kurwana na Satani amwambura izo mfunguzo abera bamwe batambagira mu murwa rwagati babonekera abantu hanyuma imibiri y’abapfuye bizeye Yesu arayimura ayijyana muri paradizo aho itakiri kumwe n’indi mibiri y’abapfuye batizera.

Imfunguzo z’urupfu Yesu yazambuye satani ubu nta butware agifite.

Dukwiye gushimira Yesu umurimo ukomeye yadukoreye cyane cyane abanyamahanga kuko twigijwe hafi y’Imana .(Dore icyo Imana yatugize nkuko (2Petero2;9) yabivuze.

Imana Ishimwe kuko ku Mana mfite Umutambyi wemewe umvugira.

Pasitori Uwambaje Emmanuel

Ibiherukaa

Amasezerano Imana Yatanze – Bishop Dr Fidele Masengo

Ibikurikira

Uhumure, ntutinye

inyigisho

Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste
IJAMBO RY'UMUNSI

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida
INYIGISHO

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Ubwoba bw’ikitazwi – Dr. Fidele Masengo

04/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Kwizera kurarema – Bishop Dr. Fidele Masengo

17/12/2024
Humura Uwiteka azabyikorera – Ev Ndayisenga Esron
INYIGISHO

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze

07/12/2024
Nawe uyu munsi yagukorera ikibatangaza -Ev. Esron Ndayisenga
INYIGISHO

Ijwi ry’Uwiteka iyo rije rishwaza ibitwishyiraho hejuru – Ev. Esron Ndayisenga

10/11/2024
Ibikurikira
Uhumure, ntutinye

Uhumure, ntutinye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Ibigezweho
  • Ibitekerezo
  • Ibiheruka
Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

10/04/2018
UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

19/06/2018
Promise Bible Center

KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10

17/01/2024
Promise Bible Center

Promotion PBC-0723-P8

16/10/2022
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

13
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

7
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

7
Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Dukurikire

  • 1.3k Fans
  • 10 Followers
  • 1 Followers

Soma n'ibi

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Abo turibo

AMASEZERANO.COM

Amasezerano ni urubuga rwa Gikristo rw'ivugabutumwa. Intego yacu iri mu Abafilipi 1:6

IBIRIMO

Dukurikire kuri Facebook

  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Footer Navigation

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

 

Loading Comments...