Urugamba rwo gutunga anafaranga

“Wihanangirize abatunzi bo mu by’iki gihe, kugira ngo be kwibona cyangwa kwiringira ubutunzi butari ubwo kwizigirwa, ahubwo biringire Imana iduha byose itimana ngo tubinezererwe,”
(1 Timoteyo 6:17).


Urugamba rwo gutunga anafaranga


Saba Imana kugufasha kunyurwa n’unugisha igenda iguha buri nunsi no mugihe ukirindiriye ko wiyongera,kandi igushoboze kuyikorerera no gufasha abandi n’umutima ukunze.

Rev Jean Jaques KARAYENGA