• Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Top Bar Navigation
AMASEZERANO.COM
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
AMASEZERANO.COM
No Result
View All Result
Ahabanza INYIGISHO

URUGAMBA TWEBWE ABAKRISTO DUFITE NTARUNDI NI UKURWANYA ICYAHA – Ingabire Josee (Mma Nshuti)

Kwizera Janvier na Kwizera Janvier
21/03/2023
muri INYIGISHO
0
0
URUGAMBA TWEBWE ABAKRISTO DUFITE NTARUNDI NI UKURWANYA ICYAHA – Ingabire Josee (Mma Nshuti)
0
Bayisangije
1k
Bayisuye
1,483

Nshimiye Imana impaye uyu mwanya ngo tuganire ijambo ry’Imana.

Yakobo 4:7-8a

Nuko rero mugandukire Imana ariko murwanye satani nawe azabahunga.8 mwegere Imana nayo izabegera.

Abaroma 6: 1-2

Nuko tuvuge iki?tugumye gukora ibyaha ngo ubuntu busage?2 ntibikabeho!mbese twebwe abapfuye kubyaha twakomeza kuramira muribyo dute?

12.Noneho ntimukimike ibyaha mu mibiri yangu izapfa ,ngo mwumvire ibyo irarikira .13 Kdi ntimuhe ibyaha ingingo zanyu kuba intwaro zo gukiranirwa ahubwo mwitange mwihe Imana nk’abazuke,ingingo muzihe Imana kuba intwaro zo gukiranuka.14 Ibyaha ntibikabategeke kuko mudatwarwa n’amategeko ahubwo mutwarwa n’ubuntu.

Intego y’ijambo nifuje ko tuganira iravuga ngo URUGAMBA TWEBWE ABAKRISTO DUFITE NTARUNDI NI UKURWANYA ICYAHA.

Bene data numvise nshaka Kukwibutsa muri Uru rugendo turimo tugenda tujya mu ijuru ntawundi mwanzi dufite ni Satani .aturwanya akoresheje icyaha kugira ngo adutandukanye n’Imana.

Iyo usomye uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe nta yindi ntwaro satani akoresha atandukanya umuntu n’Imana ni ICYAHA.nifuje kukubwira ngo rwanya ICYAHA.

Akenshi usanga tuvuga ko dufite intambara nyinshi.

👉Uti mu kazi barandwanya.

👉Uti abaturanyi baranyanga.

👉Satani yanteje ibihombo.

👉satani yanteje ubureayi.

👉satani yanteje ubukene

👉. Uti kuki mpora ndwaye cg ndwaje.

👉kuki mpora mu bushomeri.

N’ibindi byinshi ndagira ngo nkubwire ngo ibyo byose n’ibindi ntarondoye namwe muzi ntakindi satani abizanira ni ukugira ngo ukoreremo IBYAHA utandukane n’Imana.

Umuririmbyi yaravuze ngo ihanganire ibigeragezo Komera we gucika intege.

Ubuhamya bwiza mu kigeragezo bubyara inyungu nyinshi.

Datani aguteza ubukene Ku girango wiganyire cg se wibe cg ubeshye ubundi Abe aranesheje.rwanya ICYAHA muri ubwo bukene Imana izakugirira neza.

Satani aguteza ibibazo mukazi kugira ngo utukane,wangane,wihorere,n’ibindi rwanya ICYAHA muri icyo kigeragezi uzavemo ufite ubuhamya bwiza.

Twavuga byinshi nawe urebe aho uhagaze ibigeragezo urimo ubyitwayemo gute?

Nturimo gukoreramo ibyaha?

Hari aho umuntu agera akavuga ngo Imana nayo irabona ko ntakundi nabigenza.

ARIKO IBYAKUNANIYE HARI ABANDI BABISHOBOYE.

Yosefu bibiriya itubwira ko yari umusore mwiza w’uburanga ariko atsinda ubusambanyi imbere ya mu kapotifari yemera kujya muri gereza kubera guhunga icyaha.

Wowe se imbere ya Mukapotifari wabigenza gute?

Ba saduraka na meshaki na abedenego Imbere y’itanura ry’umuriro bati Imana yacu dukorera ibasha kudukiza arikonaho itadukiza nta mpamvu n’imwe yatuma tugusubiza iryo jambo.ari nkawe se ago ntiwari kuvug ngo Imana nayo irabona ko ntakundi by agenda.

Sitefano bamuteye amabuye arinda ashiramo umwuka adakoze icyaha ahubwo bamuteraga ibuye akerekwa.akavuga ngo data ubababarire kuko batazi icyo bakora.ari nkawe se?

N’abandi benshi nawe uzi.

Ibyakunaniye hari abandi babishoboye ntampamvu nimwe ufite yo gukora icyaha.rwanya icyaha .tsinda icyaha.aba bantu bose tuvuze bari bafute umuri nk’uwo natwe dufite.

Ariko birinda guhungira ikibazo mu cyaha ahubwo bahungira icyaha mu kibazo.

Twasomye amagambo avuga ngo murwanye satani azabahunga.

Ni ukurwana ntamikino nta kujenjeka.rwanya icyaha.

2Timoteyo 4:7 -8

Paul aravuga ngo narwanye intambara nziza narinze ibyo kwizera  ibisigaye mbikiwe ikam a ry’ubugingo .iryo umwami wacu umucamanza utabera azampa kuri urya munsi nyamara sijye jyenyine ahubwo n’abakunze kuzabineka kwe bose.

Ndangije nkwifuriza ko nawe uzivuga icyivugo nk’icya paul.

Mbifurije kurwana intambara nziza.

Nubwo tutaragera aho tuvusha amaraso muntambara ariko dukomeze turwane umwami wacu azatubashisha.

Rwanya Icyaha.

Wihungira ikibazo mucyaha ahubwo hungira icyaha mu kibazo Imana izagukurami ikugirire neza

Mugire ibihe byiza

Umwuka wera akomeze kutwigisha

Ingabire Josee (Mma Nshuti)

Ibiherukaa

Kuba maso mu bigeragezo

Ibikurikira

Jya wibuka bya bihe wagiye usenga Imana

inyigisho

Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste
IJAMBO RY'UMUNSI

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida
INYIGISHO

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Ubwoba bw’ikitazwi – Dr. Fidele Masengo

04/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Kwizera kurarema – Bishop Dr. Fidele Masengo

17/12/2024
Humura Uwiteka azabyikorera – Ev Ndayisenga Esron
INYIGISHO

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze

07/12/2024
Nawe uyu munsi yagukorera ikibatangaza -Ev. Esron Ndayisenga
INYIGISHO

Ijwi ry’Uwiteka iyo rije rishwaza ibitwishyiraho hejuru – Ev. Esron Ndayisenga

10/11/2024
Ibikurikira
Jya wibuka bya bihe wagiye usenga Imana

Jya wibuka bya bihe wagiye usenga Imana

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Ibigezweho
  • Ibitekerezo
  • Ibiheruka
Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

10/04/2018
UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

19/06/2018
Promise Bible Center

KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10

17/01/2024
Promise Bible Center

Promotion PBC-0723-P8

16/10/2022
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

13
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

7
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

7
Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Dukurikire

  • 1.3k Fans
  • 10 Followers
  • 1 Followers

Soma n'ibi

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Abo turibo

AMASEZERANO.COM

Amasezerano ni urubuga rwa Gikristo rw'ivugabutumwa. Intego yacu iri mu Abafilipi 1:6

IBIRIMO

Dukurikire kuri Facebook

  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Footer Navigation

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.