“8. Ariko twebweho ubwo turi ab’amanywa, twirinde ibisindisha twambaye kwizera n’urukundo nk’icyuma gikingira igituza, kandi twambaye ibyiringiro byo kuzabona agakiza nk’ingofero. “
(1 Abatesaloniki 5:8)
Zirikana ko uri uw’amanywa
Ku manywa wirinda ibiteye isoni byose kuko aba azi ko hari abamubona,n’uwamenye ko ari uw’amanywa niko akora,arangwa n’urukundo rw’Imana kandi akomeza ibyiringiro by’agakiza.
Rev Karayenga Jean Jacques