Aravuga ati “Abasiriya nibaramuka bandushije amaboko uze kumvuna, kandi nawe Abamoni nibaramuka bakurushije amaboko nanjye ndi bukuvune. (2 Sam 10:11).
Muri ubu buzima buri wese akeneye kubona mugenzi we umwunganira aho afite intege nke kugira ngo akomeze urugendo adatsinzwe.
Pst Mugiraneza J Baptiste