Ati “Aba, Data, byose biragushobokera, undenze iki gikombe, ariko bye kuba uko jyeweho nshaka, ahubwo bibe uko wowe ushaka.” (Mariko 14:36).
Byose Imana irabishoboye ariko hari igihe yicecekera kuko umugambi wayo uruta ibyo wowe wifuza. Emera bibe uko ishaka niyo izi ibigukwiriye.
Pst Mugiraneza J Baptiste