“29 Kandi none Mwami Mana, reba ibikangisho byabo, uhe abagaragu bawe kuvuga ijambo ryawe bashize amanga rwose,30 ukiramburira ukuboko kwawe kugira ngo gukize, gukore n’ibimenyetso n’ibitangaza mu izina ry’Umugaragu wawe wera Yesu.”
(Ibyakozwe n’Intumwa 4:29-30)
Gutanga ibyifuzo
——-‐———————
Itoze gusenga Imana wahishuriwe neza kandi wizeye,ubone uko uyibwira ibyo ukeneye udaca k’uruhande nk’umwana ubwira papa we.
Rev. Jean Jacques Karayenga