“7. Bageze ahabangikanye n’i Musiya, bagerageza kujya i Bituniya, ariko Umwuka wa Yesu ntiyabakundira.7. Bageze ahabangikanye n’i Musiya, bagerageza kujya i Bituniya, ariko Umwuka wa Yesu ntiyabakundira.9. Nijoro Pawulo ararota, abona umugabo w’Umunyamakedoniya ahagaze amwinginga ati”Ambuka uze i Makedoniya udutabare.””
(Ibyakozwe n’Intumwa 16:7-9)
Harira Uwiteka kuyobora inzira zawe
Rekera Uwiteka ijambo rya nyuma ryo kuyobora ubuzima bwawe, umwiringire muri byose nawe azabigenza neza.
Rev. Jean Jacques Karayenga