“13. Bene Data, sinibwira yuko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere,14. ndamaranira kugera aho dutanguranwa, ngo mpabwe ingororano zo guhamagara kw’Imana muri Kristo Yesu kwavuye mu ijuru.”
(Abafilipi 3:13-14)
Ibiranga umunyamumaro Ku Mana
Imana iguhamagarira kuba umunyamumaro kandi yiteguye kubigushoboza. Nawe bigire icyifuzo mu ubuzima bwawe, wemere gukurikira Yesu ntakikurangaje kandi intego yawe ibe kugera aho yaguteguriye.
Rev Karayenga Jean Jacques