Icyo mwakora kugirango mukorere hamwe

0
Bayisangije
1000
Bayisuye

Tekereza wowe n’uwo mwashakanye murimo mukina umupira. Aho kugira ngo buri wese ashake gutsinda mugenzi we, mwakora iki ngo mukore ikipi imwe?

Aho gutekereza uti: “Nakora iki ngo mutsinde?,” uge wibaza uti: “Twakora iki ngotwembidutsinde?”

“Ntukage uhora ushaka kumenya uri mu kuri n’utari mu kuri. Ik’ingenzi ni ukubana mu mahoro kandi mwunze ubumwe.”—Ethan.

IHAME RYA BIBILIYA: ‘Ntimukite ku nyungu zanyu bwite mwibanda gusa ku bibareba, ahubwo nanone mwite ku nyungu z’abandi.’​—Abafilipi 2:3, 4.

inyigisho

Ibikurikira

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Soma n'ibi