“Ni nde uzazicira ho iteka? Ni Kristo Yesu kandi ari we wazipfiriye, ndetse akaba yarazutse ari iburyo bw’Imana adusabira?” (Abaroma 8:34).
Yesu yapfuye ku bwacu kandi ubu yicaye iburyo bw’Imana adusabira kuko adukunda. Ubwo akuvugira wikwiheba igisubizo cyawe kiri hafi.
Pst Mugiraneza J. Baptiste