“Ntari hano kuko yazutse nk’uko yavuze, nimuze murebe aho Umwami yari aryamye.” (Mat 28:6).
Imva ya Yesu irangaye ni intsinzi y’abera y’ibihe byose. Imbaraga zazuye Yesu ni zikorere muri wowe ibyo wowe utakwishoboza, byemere.
PASIKA NZIZA!
Pst Mugiraneza J. Baptiste