• Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Top Bar Navigation
AMASEZERANO.COM
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
AMASEZERANO.COM
No Result
View All Result
Ahabanza INYIGISHO

Intambara yose unyuramo ifite isomo wakuramo! -Pastor Gaudin MUTAGOMA

Kwizera Janvier na Kwizera Janvier
19/04/2018
muri INYIGISHO
0
0
Intambara yose unyuramo ifite isomo wakuramo! -Pastor Gaudin MUTAGOMA
0
Bayisangije
1000
Bayisuye
927

Abacamanza 2:22

 

Kugira ngo abisiraheli mbageragereshe ayo mahanga, ndebe ko bakomeza kugendera mu nzira z’Uwiteka nk’uko basekuruza bazigenderagamo, cyangwa ko bakwanga.” Ni cyo cyatumye Uwiteka asiga ayo mahanga ntayirukane Vuba kandi ntayagabize Yosuwa.

 

Mubuzima bwa buri munsi duhura nabwo, usanga hari ibintu bitandukanye biba biri munzira yacu cyangwa iruhande rwacu duhora turwana nabyo, kandi mubigaraga ukabona ntibikomeye ariko kubitsimbura ukabona bigoye kuko uba usanga urwanda urugamba ruhoraho udatsindwa kandi udatsinda ariko bigusaba guhora uri maso.

Nsoma aya magambo nizemo ibintu bitandukanye nshaka ko tuvugaho ari ibyo ibi bikurikira.

Nta Rugamba Imana irekera munzira rudafite ikintu ruzakwigisha:

Ukurikiranye abisiraheli ukareba ukuntu babanya n’Imana cyane, ukareba abami bakomeye n’Ingabo nyinsi yabatsindiye, ntiwakumva ukuntu Imana hari abo yaretse ikabarekera hafi y’Ibisiraheli kugira ngo ibageregeze, irebe ko bazakomeza kuyubaha koko.buri kintu cyose ucamo uyu munsi wa none gifite icyo kikwigisha.

Ntarugamba Imana impfusha ubusa:

Ubuzima bw’Umuntu ntibuhorana itsinzi gusa, usanga hari aho bigera ukisanga muntege nke, kandi izo ntege nke iyo tuzihaye Imana izikoresha ibikomeye niyo mpamvu abantu benshi Imana yagiye ikoresha ititaga kuntege nke bafite, ariko ibyo udafitiye ubushobozi Imana yo iba ibufite, bisaba kuyituriza kuko intambara zose igushyize imbere ziba zigamije kugira icyo zaguhinduraho, reka nkubwire ko byabindi byose uhura nabyo ukumva n’isoni, igihombo n’ibidi Imana ishobora kubihinduramo ishimwe kubw’Icyubahiro cyayo, izo ntambara sizo kukwica iyaba wamenyaga impamvu uhura nazo uyu munsi byatuma urushaho kwizera Imana no kuyumvira munzira ikuyobora.

usomye abacamanza ibice bitatu harimo amagambo yantangaje, aho bibiriya igira iti: “Ayo mahanga niyo Uwiteka yari yarekeye kugira ngo ayageragereshe Abisiraheli cyane cyane abatemenye intambara zise z’i kanani, kugira ngo abi ibihe by’Abisiraheli byose bamenyerezwe intambara kuko muri bo hari abari batazi uburyo bwazo.

usomye aya magambo wumva imapmvu y’Intamabara z’Urudaca zihoraho mu mitima yacu, usanga intambara tukomba kurwana iyo tutigishijwe bitugora cyane kumenya uko twifata, ndahamya ko intambara yose warwanye ukayitsinda yewe niyo watsinzwe hari icyo wize, icyaha wakoze nico waretse ubu hari icyo wakwigisha abandi, ndashaka kukubwira ko nta ntambara Uwiteka apfusha ubusa, yaba ibyo ucamo uyu munsi, niba uzi uko kubaho urimbwa n’Inzara bimeze biroroshye kukwigisha kurwanya inzara, niba uzi uko ubuhunzi bumeze biroroshye cyane gushakira amahoro igihugu cyawe, niba uzi ukuntu ibiyobyabwenge byica urubyiruko, hari isomo rikomeye waha abandi.

Ndashaka kukubwira ko ubuzima bwoe urimo gucamo cyangwa ubwo wabayemo bwose iyo ubuzaniye Imana iraguhindura kandi ikabubyaza umusaruro, si igihe cyo kwitotombera intambara ahubwo ni ukumenya icyo wazigiramo kugira ubutaha nuhura nibindi bisa nibyo uzamenye uko witwara.ubuzima bw’Umuntu nubwo bwuzuyemo intambara inyinshi si izigamije kutwica ahubwo nizitwigisha kugira ngo tugere kurugero rushimisha Imana nk’abana batojwe kwanga icyaha n’ingaruka zacyo zose. iyo duhagaze neza muri ibyo Imana ikomeza kuturwanirira ndetse no kudutsindishiriza. Niba nawe rero ufite ikintu kikugoye wereke Imana byose kandi wumve icyo urimo kwigiramo.

Kumenyerezwa intambara mubuzima bwacu ni ukurushaho kwitegura guhangana n’Imiraba n’Imiyaga ishaka kudukura mubyo twizeye, no mubyo twamenye, iyo utsinze ibikugerageza uragororerwa. ubona urimo kurwana n’iki? ese muri urwo rugamba ukomezakubaha Imana cyangwa ibyo urwana nabyo bigusubiza inyuma. wibuke ko urugamba rwose turwana Uwiteka azi impamvu yarwo musange umutakambire umusabe icyerekezo, we kwirara kuko tukiri mw’isi dufashe igihe mu ntambara.

 

Umwigisha: Pastor Gaudin MUTAGOMA

Ibiherukaa

Sobanukirwa umunara w’Ibabeli-Donna Maman Vanessa

Ibikurikira

Kuba umukristo ( Umwisirayeli) udafite uburiganya- REV./ KARANGWA Alphonse

inyigisho

Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste
IJAMBO RY'UMUNSI

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida
INYIGISHO

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Ubwoba bw’ikitazwi – Dr. Fidele Masengo

04/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Kwizera kurarema – Bishop Dr. Fidele Masengo

17/12/2024
Humura Uwiteka azabyikorera – Ev Ndayisenga Esron
INYIGISHO

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze

07/12/2024
Nawe uyu munsi yagukorera ikibatangaza -Ev. Esron Ndayisenga
INYIGISHO

Ijwi ry’Uwiteka iyo rije rishwaza ibitwishyiraho hejuru – Ev. Esron Ndayisenga

10/11/2024
Ibikurikira
Kuba umukristo ( Umwisirayeli) udafite uburiganya- REV./ KARANGWA Alphonse 

Kuba umukristo ( Umwisirayeli) udafite uburiganya- REV./ KARANGWA Alphonse

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Ibigezweho
  • Ibitekerezo
  • Ibiheruka
Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

10/04/2018
UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

19/06/2018
Promise Bible Center

KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10

17/01/2024
Promise Bible Center

Promotion PBC-0723-P8

16/10/2022
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

13
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

7
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

7
Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Dukurikire

  • 1.3k Fans
  • 10 Followers
  • 1 Followers

Soma n'ibi

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Abo turibo

AMASEZERANO.COM

Amasezerano ni urubuga rwa Gikristo rw'ivugabutumwa. Intego yacu iri mu Abafilipi 1:6

IBIRIMO

Dukurikire kuri Facebook

  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Footer Navigation

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.