“15. Naho yanyica napfa nyiringira, Nubwo bimeze bityo, inzira zanjye nzazikomeza imbere yayo.”
(Yobu 13:15)
Inzira zayo ntabwo ziri mubyo ushaka gusa
Nta mpamvu nimwe yo kureka inzira z’Imana, nubwo wageragezwa zigumemo kuko izi ibyo uhura nabyo kandi nyuma ikubikiye ibyiza.
Rev. Jean Jacques Karayenga