Iyo Imana ije gukora, irenga uko abantu badutekereza
2 Sam 9:3-4,7
[3]Umwami aramubaza ati “Harya nta wukiriho wo mu nzu ya Sawuli ngo mugirire imbabazi z’Imana?”Siba asubiza umwami ati “Haracyariho umwana wa Yonatani umugaye ibirenge.”
[4]Umwami aramubaza ati “Aba he?”Siba asubiza umwami ati “Aba mu rugo rwa Makiri mwene Amiyeli i Lodebari.”
[7]Dawidi aramubwira ati “Humura kuko ntazabura kukugirira neza ku bwa so Yonatani, kandi nzagusubiza imisozi yose y’inyarurembo ya sogokuru Sawuli, kandi uzajya urira ku meza yanjye iminsi yose.”
Nshuti reka nkubaze?Ubu Siba ibyo kumugara ibirenge bari babimubajije?Ndagira ngo ngutangarize ko igihe bahereye bagutangira ubuhamya bubi Imana ije kukuvuga neza no kugira ibyo ihindura.Mefibosheti atubere urugero rwiza.
Mugire umunsi mwiza ndabakunda.
esrondayi14@gmail.com