“9. Hanyuma baravugana bati”Ibyo tugira ibi si byiza, kuko uyu munsi ari umunsi w’inkuru nziza tukicecekera. Niturinda ko bucya, tuzagibwaho n’urubanza. Nuko nimuze tugende tubwire abo mu rugo rw’umwami.”
(2 Abami 7:9)
Kuba uw’umumaro ni ukubifataho icyemezo.
Kugira umumaro ntabwo bisaba kuba ufite byinshi,ahubwo ni icyemezo cyo mumutima cyo kutizirikana wenyine,ukamenya ko iby’Imana yagukoreye kwari ukugirango nawe ugirire umumaro abandi mugihe cyawe.
Rev. Karayenga Jean Jacques