“Ariko igihe cy’isezerano cyenda gusohora, iryo Imana yarahiye Aburahamu, abantu baragwira baba benshi muri Egiputa,”
(Ibyakozwe n’Intumwa 7:17)
Kwihangana mu gutegereza amasezerano
Tegereza amasezerano wahawe n’Imana wihanganye, uzirikana ko igihe cyayo gitandukanye n’icyawe kandi ko icyayo aricyo cyiza.
Rev. Jean Jacques Karayenga