Urasabwa imbaraga nyinshi

Uhereye ku gihe cya Yohana Umubatiza ukageza none, ubwami bwo mu ijuru buratwaranirwa, intwarane zibugishamo imbaraga. (Matayo 11:12).

Ibintu bifite agaciro byose birahenze. Biboneka bigoranye kd umuntu asabwa imbaraga kugirango abihamane. N’agakiza niko kameze. N’ubwo katagurwa, kukabona ni amahirwe. Kukagumana bisaba imbaraga nyinshi.

Ubukristo bwawe waba uburindanye imbaraga? Hari uruhare rwawe n’urw’Imana.

Umwigisha: Dr Fidele MASENGO