“Kuko wambereye inkoramutima kandi ukaba uwo kubahwa nanjye nkagukunda, ni cyo kizatuma ntanga ingabo zigapfa ku bwawe, n’amahanga nkayatangirira ubugingo bwawe.” (Yesaya 43:4).
Banira Imana neza kuko uwubatse ubucuti nayo ntabwo ijya imureka, igihe cyose imuba hafi ikamurinda, ikamuhozaho ijisho ryayo iteka.
Pst Mugiraneza J Baptiste