“11. Maze ndavuga nti”Ibyo ni indwara y’umutima wanjye. Mbega natekereje yuko ukuboko kw’iburyo kw’Isumbabyose guhinduka!”12. Nzibutsa abantu ibikomeye Uwiteka yakoze, Kuko nzibuka ibitangaza byawe bya kera.”
(Zaburi 77:11-12)
Wiheranwa n’ibyawe !
Ntabwo waba uw’umumaro udatojwe nubwo inyitozo ivuna. Wireba ku mvune zo mu myitozo reba imbere ku ikamba rizava mucyo Imana ishaka ko ubacyo uyiringire.
Rev Karayenga Jean Jacques