“Haracyasigaye igihe kigufi cyane, Kandi uzaza ntazatinda.” (Abaheburayo 10:37).
Yesu araje, wicogora, guma mu mwanya wawe ukomerere mubyo wizeye we gucika intege kuko bidatinze aje aho uri ku gutabara.
Pst Mugiraneza J. Baptiste
“Haracyasigaye igihe kigufi cyane, Kandi uzaza ntazatinda.” (Abaheburayo 10:37).
Yesu araje, wicogora, guma mu mwanya wawe ukomerere mubyo wizeye we gucika intege kuko bidatinze aje aho uri ku gutabara.
Pst Mugiraneza J. Baptiste