Nowa yinjirana muri iyo nkuge n’abana be n’umugore we n’abakazana be, ngo aticwa n’amazi y’umwuzūre. (Itangiriro 7:7).
Yesu ni we nkuge twahawe n’Imana, muri we niho habonekera ubugingo buhoraho. Injiramo neza uzagiriramo amahoro menshi utabona ahandi.
Pst Mugiraneza J. Baptiste