Isezerano ry’Imana ni cyo gishoro gikomeye
Rom 3:2
[2]Abayuda babarusha mu buryo bwose. Irya mbere ni uko babikijwe ibyavuzwe n’Imana.
Abalewi 26:42
[42]ni bwo nanjye nzibuka isezerano nasezeranye na Yakobo n’iryo nasezeranye na Isaka, n’iryo nasezeranye na Aburahamu na we nzaryibuka, kandi igihugu na cyo nzacyibuka.
Nshuti tubaho kuko yabivuze,imibereho yacu yose n’ibikorwa byacu byose nuko yabivuze.Witinya rero izere gusa kuko iravuze ngo izakwibuka.
Wari uzi ko hari ibyo Imana idukubitira tutanahari kugira ngo isohoze ibyo yakubwiye? N’iri joro hari ibyo yakubise ibuka na bimwe iherutse gukubita
Umunsi mwiza wa gatatu
Ndabakunda
Ev. Esron Ndayisenga