• Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Top Bar Navigation
AMASEZERANO.COM
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Main Navigation
No Result
View All Result
AMASEZERANO.COM
No Result
View All Result
Ahabanza INYIGISHO

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

Admin na Admin
08/04/2018
muri INYIGISHO
0
7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo
0
Bayisangije
1k
Bayisuye
1,315

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.

Twamaze kureba ibice bibiri bibanza ubuzima bwa Yosefu n, ubwa Mose.

Uyu munsi mu gice cya Gatatu turavuga kuri Dawidi.

Samweli abaza Yesaya ati “Abana bawe bose ni aba? ”
Aramusubiza ati “Hasigaye umuhererezi ariko aragiye intama. ”

Samweli abwira Yesayi ati “Mutumire bamuzane, kuko tutari bujye kurya ataraza. “Nuko aramutumira amujyana mu nzu. Yari umuhungu w, inzobe ufite uburanga kandi w, igikundiro. Uwiteka aravuga ati “Haguruka umusukeho amavuta, ni we uwo. “Samweli aherako yenda ihembe rya mavuta ayamusukira ho imbere ya bakuru be, uhereye ubwo umwuka w, Uwiteka akajya aza kuri Dawidi cyane. Nuko Samweli arahaguruka asubira i Rama. (1Samweli :16=11-13)

Aha tubona gutoranywa kwa Dawidi byabaye ibintu bitoroshye ariko kuko Imana itareba nkuko abantu bareba bisoza ibisobanuye.

Iyo dukomeje gusoma dusanga Dawidi ajya guhakwa kwa Sawuli.

Aha ntibyari byoroshye Dawidi wari wamaze kwimikishwa amavuta yari guhita agira umutima w, ubwibone ariko yakomeje guca bugufi
Ajya guhakwa na Sawuli kandi ariwe yagombaga kuzasimbura.

Aho rukomeye Sawuli akamushyira imbere ngo bamwice ariko Uwiteka akamwimana

Dawidi agera igihe rubanda rwose rumusingiza imbere ya Sawuli ariko akomeza guca bugufi no kubaha

Dawidi yarinze aba Umwami wa iSirayeli agifite muri we guca bugufi no gutinya Imana

Ariko nubwo yari abaye Umwami intambara ntiyahagaze kuko Umuhungu we Abusalomu yashoje urugamba rwo kumukorera kudeta (cout d, Etat) ariko Dawidi abyitwaramo neza nubwo abusalomu yaguye muriyo ntambara byababaje Dawidi cyane

Aha twahigira gukunda abanzi bacu.

Dawidi uyu wakuwe mu ishyamba tuzi neza ko ari Sogokuruza w, Umwami Yesu.

Dawidi uyu wakuwe mu ntama wari ufite amateka adasobanutse imbere ya bantu ariko asobanutse imbere y, Imana niwe wabyaye umunyabwenge wa mbere ku isi Solomon

Ngana ku musozo ndagirango nubwo nagiye mbereka ibyiza no kwihangana byaranze abagabo batatu Yosefu, Mose na Dawidi.

Ndagirango mbereke n, intege nkeya buri umwe yari yihariye nk, umuntu.

1.Yosefu (Karosi) :yaravugaga cyane nta banga yagiraga yahoraga abwira ise ibyo bakuru be bakora baragiye mbese yasaga n, umunyamakuru wa Se.
Kubera kuvugavuga byatumye avuga n, inzozi yarose igihe kitaragera bimuviramo kwangwa no guhigwa.

2.Mose :yagiraga umujinya mwinshi n, uburakari arinabwo bwatumye atagera iKanani kuko we na Aron batutse ubwoko bw, Imana ngo ni abagome.

Ndetse muribuka agira umujinya akamenagura ibisate bya mabuye byariho amategeko icumi y, Imana

3.Dawidi :yakundaga abagore cyane mbese yarasambanaga muribuka asambana n, umugore w, umugaba w, ingabo ze ndetse akanicisha uwo mugabo.

Nsoza nababwira yuko nta muntu w, intungane uriho kw, isi kuko buri muntu usanga aba afite akantu kamwizingiyeho naho abantu baba batakabona we ubwe aba akazi .
uretse Kiristo Wenyine niwe utarigeze acumura

Ariko Imana kuko ari umukozi w, umuhanga yabwiye Pawulo ngo aho intege nkeya zawe ziri niho imbaraga zanjye zuzurira.
Tudafite intege nkeya twaba twihagije(Self sufficient) mbese twaba duhwanye n, Imana ntanubwo twajya twirirwa tuyishaka ngo tuyisunge ituneshereze

Nshuti yanjye intege nkeya zawe ntizikabe urwitwazo rwo guhunga Imana ahubwo bijye biguha imbaraga zo kuyegera no gusaba imbabazi no kunesha kuko nabatubanjirije baranzwe n, intege nkeya nka bantu.

Ntitukajye dutinda ku bantu tureba uruhande bafiteho intege nkeya (cote faibre) ahubwo tuge tureba ibyiza bibavamo (Quality)

Kuko niba Mose, Yosefu, Dawidi tubona ko bari bafite intege nkeya nka bantu ariko uyu munsi tukaba tukibareba nka bantu b, ibyitegererezo Imana yakoresheje ibikomeye mu gihe cyabo.

Nawe wisuzumye neza ntiwabura uruhande rw, intege nkeya nk, umuntu
Rero ntugatinde ureba ibitagenda ku bandi ahubwo ujye ureba ibigenda neza bibaturukamo
Ibindi Imana izajya igenda ibahindura buhoro buhoro kugeza Yesu Kiristo agarutse gutwara intore ze . Nibwo hazabaho gutungana nkawe (Perfection)

Kandi wowe ukomeze wihanganire ishuli unyuramo na masomo akomeye ndetse na barimu batoroshye namba uhura nabo.
Uwo n, umuteguro w, Imana kugirango izakugire ukomeye nka ba bagabo batatu twabonye amateka yabo.

Shalom shalom
Mwari kumwe n, umukunzi wanyu.

Ev. Kayiranga Deo

Ibiherukaa

IMIBYIMBA YE NIYO ADUKIRISHA

Ibikurikira

Humura, Komera

inyigisho

Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste
IJAMBO RY'UMUNSI

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida
INYIGISHO

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Ubwoba bw’ikitazwi – Dr. Fidele Masengo

04/01/2025
IYO IGIHE CYO KURIRA KIRANGIYE – Prof. Dr. Fidele Masengo
INYIGISHO

Kwizera kurarema – Bishop Dr. Fidele Masengo

17/12/2024
Humura Uwiteka azabyikorera – Ev Ndayisenga Esron
INYIGISHO

Ubonye gutabarwa kuva ku Witeka, ugaruriwe ibyari byarabuze

07/12/2024
Nawe uyu munsi yagukorera ikibatangaza -Ev. Esron Ndayisenga
INYIGISHO

Ijwi ry’Uwiteka iyo rije rishwaza ibitwishyiraho hejuru – Ev. Esron Ndayisenga

10/11/2024
Ibikurikira
Humura, Komera

Humura, Komera

Ibitekerezo 7

  1. Maurice says:
    7 years Hahise

    Dawidi yatubereye urugero rwiza kweli.kdi tuzi neza ko me Yesu christo akomoka murubyaro rwa Dawidi

    Reply
  2. Pastor Uwamaliya chantal says:
    7 years Hahise

    Imana iguhe umugisha

    Reply
    • Kayiranga Deo says:
      7 years Hahise

      ndawakiriye Pastor

      Reply
  3. Maman Ange says:
    7 years Hahise

    Imana iguhe umugisha nibyo reka twe dushake gukiranuka imbere y’Imana gusa ibindi Uwiteka azabitwongerera

    Reply
  4. Mienne says:
    7 years Hahise

    Wooow Bless u Pastor

    Reply
  5. joselyne says:
    7 years Hahise

    ibi Niko biri. nkuko mu baheburayo havugango nuko ubwo tugoswe nigicu cyabahamya bangana gutyo twiyambure ibituremerera nicyaha kibasha kutwizingiraho. hari ibitwizingiraho vuba ariko tugomba kubyiyambura. Urakoze cyane Deo Imana igihe imigisha kandi igukomereze ukwemera.

    Reply
  6. Sam Lionel HARERIMANA says:
    4 years Hahise

    Asante Sana muvandimwe Deo, Imana iguhe umugisha mwinshi

    Reply

Leave a Reply to Pastor Uwamaliya chantal Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

  • Ibigezweho
  • Ibitekerezo
  • Ibiheruka
Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

Amagambo 10 y’ihumure ku muntu uri mu ngorane

10/04/2018
UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

UBURYO 11 IMANA IJYA IVUGANIRAMO N’ABANTU : INZOZI/ Past Gatanazi Justin

19/06/2018
Promise Bible Center

KWIYANDIKISHA – PBC – Promo.10

17/01/2024
Promise Bible Center

Promotion PBC-0723-P8

16/10/2022
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Igice cya 2 cy’Ubuhamya bw’inzira igoye y’ubuzima bwa UWITONZE Hosiane

13
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

IYO UZABA UKOMEYE WIGISHWA AMASOMO AKOMEYE N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE.,/Ev. Kayiranga Deo

7
Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

Hosiane kwakira inkuru y’incamugongo byaramugoye (Igice cya 1 cy’ubuhamya bwe)

7
“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

“IYO UZABA UKOMEYE W, IGISHWA N, ABARIMU BAKOMEYE KANDI IGIHE KIREKIRE “. IGICE CYA 2.(UBUZIMA BWA MOSE)/Ev. Kayiranga Deo

7
Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Dukurikire

  • 1.3k Fans
  • 10 Followers
  • 1 Followers

Soma n'ibi

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

Urukundo rw’Imana – Pst Mugiraneza J. Baptiste

05/05/2025
PBC Graduation: Amafoto

PBC Graduation: Amafoto

11/03/2025
Humura Uwiteka aragukunda cyane – Pst Mugiraneza J Baptiste

Yesu ntazakureka – Pst Mugiraneza J. Baptiste

23/01/2025
Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

Witandukanye n’imirimo y’umwijima – Ev. Pacific Faida

23/01/2025

Abo turibo

AMASEZERANO.COM

Amasezerano ni urubuga rwa Gikristo rw'ivugabutumwa. Intego yacu iri mu Abafilipi 1:6

IBIRIMO

Dukurikire kuri Facebook

  • Setup menu at Appearance » Menus and assign menu to Footer Navigation

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result

© 2025 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.